HIDDEN SECURITY AGENCE Ep01





HIDDEN SECURITY AGENCE
Season 01
Episode 01
Writer @Edouard_Safari
Whatsapp +255759114520
____________________________
Hello guys !
Uyu musi uri hejuru tugiye gutangira icese story nshya yitwa #HIDDEN_SECURTY L_AGENCY

.
.
.
Uyu musi dutangiriye kurimbi aho hari imfungwa yaherekejwe na Polisi kurimbi ,
Sasa ndagirango ukurikire witonze,Imfungwa bazanye ni Aline (Mumwibuke muri #LOVE'S_LIES ) niwe wirasiye Yvan mumutwe
mbese na robot yari yamushikirije ubutumwa.
Ntahandi yari yaje ahubwo ni kugituro cya Yvan mbese arimo arira cyane bigaragara ko yicuza ibyo Yakoreye Yvan.
Gusa turebye hirya kure yaho turahabona undi muntu uhagazeho wambaye ikirato cya gisirikare ,imyenda isanzwe ndetse anambaye inkofera imuhisha isura.
Ntakintu ari gukora ahubwo ari kwihweza ibirimo kuba byose !
Yabirebye umwanya biza kurangira akase arigendera ALINE nawe polisi isubiza muri gereza !!
ESE UYU NINDE ?
.
..
.
.
Tuze muri HSA ,
Anna na team barimo bambara intwaro tayali kwerekeza kurugamba,
Ako kanya chief wabo yaraje ati"Basore,ahantu mugiye ntakuhasiga ibimenyetso Ariko mwibuke ko #Abou mugomba kumuzana ari muzima kuko tumukeneyeho byinshi"
Bati"Sawa nyakubahwa"
Bahita burira imodoka barasohoka !!
Sasa ndagirango urebe ahantu bakorera,
Ibirindiro byabo biri mubutaka mbese mugusohoka barabanza bakagenda urugendo runini noneho bakaza gutunguka mwishyamba,noneho bakava mwishyamba binjira umugi,wowe ubonye iyo baturutse ntiwakeka ko bakorera mumugi !!🚘🚖🚖
.
..
.
.
Tuzi kuyindi etage,
Hari umugabo wambaye ki islam warimo kuzamuka afite breafcase muntoki gusa iyo breafcase ifungiyeho minote no kukaboko ke !!
Yarazamutse agera kuri etage ya 9 arangije avamo arerekera...
Aho ari kunyura ni kubarinzi bambaye za costume ndetse bafite n'intwaro!
Ntabwo bamuvugishije ahubwo baramukinguriye arinjira asangamo undi mugabo nawe amuha ikaze ati"Hello mr Abou,you are welcome in my kingdom"
Kumbe uyu niwe Abou HSA bari gushaka ari muzima !
Abou"Asante sana boss"
Aricara maze umugabo ati"Mzigo unao ?"
Abou"ndio ninao ,lakini kabla ya kukupa familia yangu iko wapi ?"
Umugabo" Wala usijali,familia yako ni nzima tena hawajafamu kama wametekwa "
amwereka Laptop abonamo umugore we n'umwana w'umucuko bari gukina muri sallon ntakibazo nakimwe bafite !!
Abibonye avanayo ya breafcase ashira kumeza ,arifungura ayihereza umugabo arangije ati"nakutumia password pindi ninapo kutana na familia yangu"
Abaha breafcase barangije barahaguruka,Ariko batari basohoka amasasu yatangiye kumvikana munyubako muri etages zo hasi  !!
Abagabo bahise bapanika batangira gushaka ukobacika ...
.
..
.
.
Batari bacika ,kumbe Anna waje ukuriye equipe yari yazamukiye kukamashini kamuduza nkindege kuko yaturutse mwidirisha arirasa ikiyo kirameneka nawe yinjira indani atyo ariko arasa abarinzi !!
Umugabo abibonye ahita akwepesha Abou atera ibyotsi bihuma Anna nawe arasohoka basiga Anna ari guhanganira mumyotsi !!
Basohotse hanze biruka binjira abasirikare ba Anna babab bamubonye barakurikira arinako bagenda babarasa ariko batabagema !!
Binjiye muyindi etage umugabo aras ikiyo ati"Mr Abou njoo tuluke hapa hakuna njia nyingine "
Abou"we kichaa au ?Tuluke wakati hatuna hata parachuti !"
Uko bagateranye amagambo barabinjiranye umugabo ahitamo gusimbuka atwaye breafcase gusa bamurasa kurutugu naho Abouwanze gusimbukaamanika amaboko bamufata ari muzima !!
.
..
.
.
Tuvuye aho twiyizire Mumugi ,
Hari umwana w'umukobwa warimo usoha muri supermarket avuye guhaha ,
Yageze aho ari bwishurire bamubwirako ibyo yafashe byose byishuwe !!
Abajije uwabyishuye bamutungira agatoki hanze nawe arebye yitsa itima !!
Yasohotse supermarket aza apakira agakinga ke tayali kwigendera,gusa umwe bamwereka ko yamwishuriye yahise yitambika ati" #Nathalia kuki koko udashaka kunyumva ?"
Nathalia" umva #Audrich nakubwiye ko nge ntagushaka,burya ugira mumutwe hazima ?"
Audrich "Ndabizi ko ntakomeye ariko kudakomera kwanjye ndaguterwa n'urukundo ngukunda.
Nathalia please nyemerera ntakintu uzamburana pe"
Umukobwa ahita amusunura arwa yicaye arangije yurira ikinga rye aragenda !'
Sasa Audrich kurwa kwe hari abasore batatu baje biruka kumuhagurutsa maze umwe muribo ati"Mukurikire akagoryi mukarangize,ntabwo kasuzugura boss beneka kageni"
Audrich"oya mumwihorere  ndabizi hari umusi azankunda ndabizi"
Undi" ariko boss ....."
Audrich" umva #James,akazi kawe nako kundinda ,ibijyanye n'urukundo bindekere nzabyikorera"
Uko bavuga ibyo wamugabo nawe twabonye kurimbi nawe yabanyuzeho yinjira supermarket guhaha !!
.
..
.
.
Anna na Team ye bo bamaze gufata Abou bahise burira indege bakurikira imodoka yari ijyanye wamugabo barikumwe na Abou kuko igihe yasimbuka kundege ntakintu yabaye ahubwo yari yabipanze kuko yasanze hasi bamuteze igitambara arwaho neza bahita burira imodoka baratsimbura !
Anna mundege ari kugenda arasa imodoka ariko uko bigaragara ni bullet proof amasasu ntabwo abasha kwinjira !!
Kandi ntabwo barasa ibisasu biremereye ari mumuhanda wuzuye abantu !!
Ntakindi yakoze yahise akora kugutwi asaba ubufasha kuri headquater nabo bati "Sawa"
Uko bagasabye ubufasha umugabo akirimo gucika imbere ye hari icyahaparitse kimeze nkumuntu ariko ni ibyuma gusa !!
Imodoka irimo umugabo itangira kumurasa ariko nawe uko bigaragara ni bulletproof kuko nawe amasasu ntacyo amugira !
Imodoka ibibonye yasizeho ibisasu biremereye cyane ko we ntacyo yitayeho ngo abantu barapfa !!
Cya kirobo cyahindukiye inyuma kireba abantu bagiye gupfa gihita cyicamo ibice bibiri kimwe cyihuse nkumurabyo kijya gutabara abantu ikindi gihita kizamuka gikubita imbere kuri yamodoka ihita yidunda izamuka ibirere imanuka hasi ikumbagra bivuze ngo umugabo baramufite gusa habaye uguturika gukabije !!
.
..
.
.
Tuze nanone mubirindiro bya HSA ,
Afande mukuru arimo gushwanira cyakirobo ati"Gute wakoze ibintu nkabiriya ?Bikanarangira umugabo tutanamufashe "
Robot" Itegeko ryambere ni ukubahiriza master  wanjye"
Afande"Master wawe agutegeka kuvangura abantu? Mumatategeko akugenga ntabwo harimo gukingira abantu bose, ukirinda kubabaza kereka umubi muribo?"
Robot"birimo mumategeko ariko iryambere ni ukubanza kurinda master ndetse nkanirinda kumubabaza,
Murwego rwo kutamubabaza mwumvira byose "
😁😳😳
Sasa cyagihe ubwo cyicamo kabiri kimwe kikajya gutaba ikindi akaba aricyo gishira imodoka hasi ,icyagiye gutabara cyatabaye abagabo gusa abagore bose kirabareka bahitanwa nibisasu 😳😳😳
Afande yarababaye ahita azimya ikirobo n'umujinya ati"Mugihamagare hano icyo kigoryi "
Anna"sawa boss reka muhamagare !"
Anna guhamagara babuze umuntu Ati"Boss phone ye ntiriho"
Afande"koresha track mumenye aho giherereye"
Anna"na microship yayikuyeho,kumenya aho ari ntabwo byashoboka "
Afande umujinya waramuriye ariko ntakintu yari bukore yahisemo gutuza agategereza ...
.
..
.
.
Nkugarure mumihanda,
Wamugabo twabonye kumutaga ari kwirimbi nyuma yo kuva muri supermarket yiyiziye kumazi ahitaruye n'abantu aza kwinwera inzoga mukugabanya ibibazo !!
            ****
Wamukobwa nawe Nathalia yaratuye hafi yaho munzu arimo kwiga cyane ko ari n'umunyeshuri,
Akirimo ariga hari uwamukomangiye ajya gukingura !
Gukingura gusa yasubijwe inyuma n'umunwa w'imbunda itunze kuruhanga rwe  😰 Ndetse hinjiye abasore bane!!
Ati"niki munshakaho kumuntunga imbunda"
Bati"dushaka ubuzima bwawe ntakindi"
Nathalia"none nabagize iki ?"
Undi amusunikisha imbunda arwa agaramye hasi arangije akurura imbarutso ngo amurangirize gusa undi musore uri inyuma ahita amwongorera !!
Umugabo ufite imbunda yahise yitegereza Nathalia abona amatako ye cyane ko abakobwa iyo bibereye murugo usanga birekuye !!
Ikigabo"uzi ko aribyo We!"
Kibika imbunda kirangije kiti"Mugafate sha"
Babasore bahita bafata Nathalia tayali bamufate kungufu !!
Nathalia yatangiye kuvuza induru ariko habura nuwahanyura ngo atabare ........LOADING EP02
.
.
.
Niki kiri bukurikire ?

ABATAMAZE LOVE LIES FYONDA 👉AHA MUYISOME KWANZA

Comments

Post a Comment