Love s1e8

 


LOVE'S LIES
Episode 08
Writer #@Edouard Safari
Whatsapp +255759114520
Whatsapp grp : https://chat.whatsapp.com/JkMFHVsNQlOAKwpSEel4fe
___________💝💝💝💝____________________
episode 07 yarangiye ba ninjas batatse Cedric Jeanne arimo kugerageza kUmubwira ko yari yashimuswe.
Gusa nkuko twamaze kubibona Cedric ni mubi cyane !
ESE ABATATSE BAGIZE AMAHIRWE ?
ESE BOHEREJWE NANDE ?
Dukomeze....
💞
💑
HANYUMA MBERE YO GUTANGIRA NDABASA IMBABAZI KUBA MUTABONA STORY KUGIHE ,UBUZIMA BWARAHINDUTSE MVA AU TOP NSUBIRA HASI SO MUNYIHANGANIRE MUNGAYE GUHERA NTIMUZANGAYE GUTINDA !!!
.
.
.
.
Cedric abonye baje yasubije inyuma inyuma Jeanne arangije yitambika imbere,
Abateye baratatse umusore atangira kurwanya ariko we uko bigaragara ko badashaka kumugirira nabi ahubwo bashaka Jeanne.
Umwe yamunyuzeho Arangije asatira Jeanne n'inkota ngo amurangize Cedric avuga yamubonye nawe ahita yikura abona ikirahuri cy'imodoka ahita acyohereza kiragenda gikata kukaboko Kuwari agiye kumutema inkota ihita irwa hasi.
Nawe yarebye abona umukobwa bari kumusatira sana Ahita aheba kurwana Arangije ahita yihuta afata umukobwa ukubko batangira kwiruka abandi babirukaho .
Hari uwaturutse imbere yabo,wawundi wahushije kwica umukobwa Azana inkota ngo acumite Jeanne ,cedric Abibona yacerewe maze ahita aza imbere Aramwitangira maze umwe yraje kumucumit abonye ari cedric ahita akatisha inkota ye Ayinyuza kuruhande ndetse ahita anategeka abicanyi gusubira inyuma bakabareka !!
Cedric"umeze neza ?"
Jeanne wahahamuwe n'ibyo abonye habe no gusubiza nagato !!
Cedric aramukoma ati"jeanne umeze neza ?"
Jeanne habe no kuvuga ahubwo ahita asoma cedric n'urukundo rwinshi cyane muriwe 💖 .
Cedric mukwikanga 😳 Jeanne ati"Cedric NDAGUKUNDA 💞"
.
..
.
.
Nkuzane kuri Aline,
Sasa we ni gapanzi kuko kumva ko yabaho Nabi ntabyumva cyane ko kuva Cedric yaza atamahoro agira kuko nubu atari yemera ko Cedric atari yvan wihinduye cyane ko basa nubwo Cedric arimo kwhisha.
Ntakindi cyabaye ahubwo nyuma yo kubona ubutumwa kumwicanyi Cedric Yari yasigaje ng azane ubutumwa ,..
Yafashe phn arangije ahamagara Cedric nkuwo bakorana mukazi arangije amuha appointment baza guhuriraho.
ESE ARAPANGA IKI ?
.
..
.
.
Tuvuye aho nkuzane muri gereza,
Sasa Jmmy yagarutse Muri gereza kureba papa wacu ,
Bahe"ngo ?umukobwa umwe yabananiye gushira hasi ?"
Jimmy"boss,Cedric yagerageje kurinda umukobwa ndetse kugez naho amwitangira ,mbonye ntari bwice umukobwa Cedric abona kandi abasore bari kwicwa nawe nahisemo kubabwira dusubira inyuma"
Bahe"uyu mukobwa ashobora kuzica Plan yacu kandi mission cedric afite ntimwemera kugendana n'aakobwa kuko ni ikosa rikomeye cyane.
Sawa Mureke ukomeze iby urimo ndaza kumwitaho ukundi..
Izindi plan zigeze kuki ?"
Jimmy"inzu yarangije kuvugururwa vuba ni ukwitegura kuzindura Uruganda.
Umusaza Lewis nawe ariteguye gukora akazi ke"
Bahe"genda upange neza kandi hatagira ikosa rikorwa !"
Jimmy"sawa nyakubahwa"
.
..
.
.
Nkuzane muri MSI ,
Mr Lobert niwe usigaye uyihagarariye nyuma yaho agambanye afatanije na miss wacu Aline bagashira hasi Bahe Uri muri gereza bazi ko yapfuye ndetse na Lewis wari wakomeje gutsimbarara ko MSI itakorana na Os ..
Ubu Lobert niwe chairman ,
Ari mubiro bye Wamusore yohereza kuneka Ibyo cedric byose akora ndetse akaba ari nae wabaye Chauferi yari yaje gutanga Rapport ,
Lobert"iki ?"
Umusore"rwose akazi mwanyoherejeho ndabona kagoye kuko namenya ko muneka ibyo azankorera mbona bizarenga ibyo yakoreye bariya Barara"
Lobert"yabahije kubica bose ?Non.. Ko agaragara nkumuntu wamashuri gusa nigute yaba azi krwana ?"
Umusore"nabiibonye n' amaso yanjye abiri"
.
..
.
.
Nkugarure kuri Cedric na Jeanne,
Nyuma y intambara ikomeye bari bavuyemo baje murugo Cedric aba apfuka umukobwa aho yakomeretse,
Gusa mukumupfuka kwe mumutwe arimo gukomeza kwibaza impamvu bashakaga kwica umukobwa mugihe azi ko ariwe target nkuru,
Nyuma y'uwanya yibaza yibutse ko umukobwa yigeze gushaka kumuBwira ikintu arangije ati"harya washaka kumbwira iki ?"
Jeanne mubwoba Ati"abanshimuse nibo bari baje kunyica"
Cedic"gushimuta ?kukwica? bb umeze neza ?"
Jeanne"abari banshimunse bansabye ko nakujya kure kandi ntagomba kubikubwra none ubanza bankurikiye bakamenya ko ngiye kubikubwira bagahitamo kunyica"
Cedric yahise ahindukirana umujinya ati" Aline !!"
Jeanne "aline ninde ?"
.
...
.
.
Reka noneho Nkuzane muri Hotel imwe ,
Mr Lobert na Aline baje kuhahurira barangije bafata imeza iri private baganire,
Umuserveri yaraje Arabasereva arangije mwibanga ahita abatega agakurura amajwi musi yameza !!
Hakurya hari umusore uri kuri machine bigaragara ko k ari mukazi ka misi yose.
Gusa turebye kuri ecran ya machine tubona ari kubakamera bivuze ngo Byanze bikunze Ni agatego tu!!!
Kumbe Naho Uwo musore tutamuzi amashusho N amajwi ari Mumashini y'umusore tubonye muri Hotel ninayo Cedric ari kubona kuri ecran ya smartphone ya Cedric.
Cedric aho ari mubiro bye ati"Aline ubu ngenda ngufata buhorobuhoro naha ndagufite"
.
..
.
.
Reka nkuzane kuri Daniel inyuma y igihe kirekirekire,
Arimo gutwara imodoka yakiye message imurangira ya Hotel umugore we arimo,
arangije akeka ko ari uwibeshye Arikomereza...
Mugukoomeza abona indi ivug iti"Mr Daniel ,nyura kuri Hotel hari mEssage yawe"
Daniel ahita afatta phone ahamagara numero iri kumwandikira ariko biranga!!!
Arangije arandika ati"urinde ?"
Numero isubiza ati"Wowe hagere gusa "
Ntakimdi yakoze yahise akata yerekeza kuri hotel 😜.......LOADING EPISODE 9
.
.
DORE NGO UMUGABO WA ALINE AREREKEZA KURI HOTEL MADAM WE ARIHO ,ESE BIRGENDA BITE ?

Comments