Love s1e7

 


LOVE'S LIES
Episode 07
whatsapp +25579114520
writer @Edouard Safari
website 1: eddyseries4all.blogspot.com
               2: agasobanuye4all.blogspot.com
               __________________________________
Episode 6 yarangiye Cedric asa nugiye kuzana impinduka muri MSI group mbese mugihe Aline yagombaga kumurwanya Nikita agahita yitambika akamushigikira ikintu cyakanze abantu benshi.
Hagataho Umusaza Bahe yarahawe Rapport na Jimmy ko imipangu irimo kugenda neza Ariko Abona ko Jeanne ashobora kuzabera intege nke cedric.
ESE NIKI CYAKURIKIYE ?
DUKOMEZE....

.
..
.
.
Dutangirire kuri Cedric ,
We ibye ntagutinza ahubwo yahise aza kugerageza plan,
Sasa yafashe imodoka ahita yerekeza mucyaro ava mumugi.
Yakoranije inama rusange arangije asaba buri muturage ko yashikiriza impano ye maze we yifatira List aangije ati"nkukonatangiye mbivuga ,umuntu wese agomba gutera imbere kandi abifashizwemo n'impano ye apana gufata umufundi ukamuyana kurima.Ugafata umurimyi ukamushira kuri mudasobwa,uafata mwarimu ukamuha kuba dg wa company,....
Buri wese agomba gukora ibijyanye n!impano ye .
Ngiye kureba Record za buri wese nzabamenyesha icyavuyemo"
Yuriye imodoka bose bamusingiza bamuzeyeho igisubizo cyiz azabagezaho.
.
..
.
.
Kuri Jimmy ho yanyubako akomeje kuyivugurura nkibisanzwe.
Sasa uko ayivugurura Yakiye call arangije ati"ndaje"
Ahita afata imodoka 🚗 byihuse agira aho yerekeza.....
Ntahandi yaje yahise aza ahantu hafungiwe umukobwa ufunitse mumaso.
Nawe yahise yambara mask arangije arinjira.
Yafunguye mumaso umukobwa 😳
Huwezi amini kabisa ,uwo bashimuse ni Jeanne kandi shahu Cedric aramutse abimenye sinzi ibyo Yakora.
.
.
.
.
Reka nkugarure kuri Cedric mwenyewe,
Sasa munzira asubira mumugi yasanze hari imodoka zamwitambitse ndetse n'abarara benshi.
Yabwiye shoferi we guparika arangije arasohoka,
Cedric"murashaka iki ko mwitambitse?"
Ukuriye amabandi ati"mwIce umujinga"
Bahita bataka maze uko baza Cedric arivugisha ati"Aline ko utangiye hakiri kare ?Ariko reka nze nkwereke ko Yve na cedric ari ibintu 2 bitandukanye"
Uwambere yaraje maze ahita nawe azamuka amwakiriza umugeri aparka hasi nabi cyane!!
Abandi barikanzw 😳 maze nawe wari wambaye costume ye nziza ahita aykura Ashira kuruhande arangie ishati ye nziza arayizinga .
Nabo bahise bamwatakira rimwe gusa umusore ni mubi ntabwo akiri idage nka kera kuko yabagiyemo arahondagura karahava.
.
..
.
.
Hakuno jimmy wahishe isura yavanyeyo ifoto Ya Cedric yereka Jeanne ati"uyu muntu uramuzi ?"
Jeanne"muri bande ?"
Jimmy"kumenya ntabwo ari ingenzi,ndakubaza uyu uramuzi ?"
Jeane"yego ndamuzi .Arik se muranshakaho iki ?"
Jimmy"ntakirenze ,uyu muntu ari kwifoto umugendere kure kuko nibikomeza ubutaha ntabwo tuzumvikana uku ahubwo nzakorera kwiyo sura yawe nziza"
Jeane ahita yemera akorsheje umutwe...
Undi nawe (jimmy) ahita atanga signal bahambura umukobwa barangije bamufuka mumaso bahita bamujyana bamusubize iyo bamukuye.
.
..
.
.
Nkugaruye kuri Cedric wacu ,
Yaragiye akwicira abakamwishe bose abashira hasi .
Maze kubera amaraso ishati ye yari yambaye yuzuye amaraso yahise aza mumodoka yambara indi arenzaho ikote rye ryiza arangije abwira shoferi we ati"nyuza imodka kumirambo yabo"
shoferi"eeh!"
Cedric"nizere ko wanyumvise"
Umushoferi ntagusuzugura boss yahise abikora anyura kumirambo y'abasore Cedric arangije kwica!!.
Umushoferi yarikanze kubona uwo yabonaga nkumuboss wamakote ari inrwanyi mbi cyane b!!
Cedric we yahise afata phone arangije yandika msg tutamenye uko ivuga naho igana !!
.
..
.
.
Reka nkuzane Kuri jeanne,
Jeanne baraje bamusiga ahantu bamusinzirije mumodoka wenyine.
Yikanguye yibutse uko bamwihanangirije arangije avanayo phn ngo ahamagare Cedric Ariko agira ubwoba ko Cedric nawe ashobora kugira ibibazo ugasanga arishwe ahita akupa !
Gusa na none kurundi ruhnde Ubanza msg Cedric yari yanditse yari yayandikiye Jimmy kuko nabo bari bahise bahura !!
JIMMY"niki gitumy untumaho ikitaraganye ?"
Cedric"Ndashaka ko dutera indi ntambwe kuko Aline namusubije inyuma intambwe imwe rero ngomba gutera indi mwegera"
Jimmy"Ni iyihe ntambwe Wateye"
cedric" Aline yakomeje kunkeka sana ,rero uko anzi kera siko meze uyu musi.
Kera nari inanga yitonda ariko ubu message namwoherereje irza kumwemeza ko ntari wawundi mae ubundi murimbure neza "
.
..
.
.
Reka nkuzane Kuri mushiki wacu Aline,
Uwasigaye yazaniye rapport Aline ko abasore bose yohereje bose bishwe bunyamanswa !!
Aline yarikanze sana 👴
Aline"bishwe na Cedric?"
undi" reka kuvuga kuko watubeshe utwohereza kunyamanswa iryana ukuraho"
Aline"Cedric niwe wabatsinze mwese ?No ntibishoboka"
Aline acyibaza byinshi phone ye yahise ibona msg arangije arayifungura !
Kuyifungura yasanzemo video arayifungura !
Kureba ni video igaragaza uko Cedric yishe babasore 😳 Haaa Aline hafi kwinyarira kubera ubwoba !!
Ntakindi yakoze ,yahise afata ya video ngo ayi sharinge ariko Video gafla ihita ifutwa abura aho igiye !
.
..
.
.
Kuri Cedric ,
Nyuma yo kuganira na Jimmy ibijyanye na plan yabo yahise aza guhura na Jeanne ubanza yahavuye amuhamagara !
Cedric"niki gitumye umpamagara ikitaraganye ?"
Jeanne"sorry kugutesha akazi Gusa nyene..."
Cedric"niki ko mbona urimo kubira n ibyuya ?mbwira "
Jeanne"Cedric urebye ni ...."
Ako kanya atari yakomeza hari daggers yahise yoherezwa ngo yice Jeanne Cedric aba yayibonye maze yihuse Ahita asimbuka akwepesha Umukobwa  arangije ahita yifunga 👰
Aba ninjas bahita bavayo barabazenguka !!
Jeanne ubwoba bwahise bwikuba kabiri .......LOADING EP 08.
.
.


Comments