Love s1e4

 


LOVE'S LIES
Episode 04
writer SAFARI EDOUARD
Whatsap +255759114520
__________________________
Ep 03 yarangiye Inyuma y'imyaka indwi umukobwa wa Lewis ariwe jeanne avanye n'umusre wacu kwiga muri america bikaza kurangira amutumiye iwabo aho bahahuriye na Aline akikanga gusa cedric we nabwo yar yaje nka Yvan ahubwo yari yaje mwisura yindi.
ESE ALINE YABYITWAYEMO ATE ?
DUKOMEZE...
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Aline Kubera ubwoba bwa Cedric yahise asohoka abesha umugabo we ko Hari akazi kihuta ahubwo ahita yerekeza kurigereza.
Kugerayo yasabyeko Bamuzanira imfungwa yitwa Yvan .
Sasa igitangaje muri Gereza hariyo undi Yvan ugifunzwe 😳
Aline umutima wenze kumuvamo mumutima aribaza ati"ibi niki koko ?"
Yvan uje ati"Miss Aline,bwanyuma uranyibutse ?"
Aline"umeze ute litle monkey(nkende nto) ?"
Yvan"ntakibazo mfite usibye ko nubwo wakora iki rimwe nzava aha nkaza nkihorera"
Aline mumutima yatangiye kwibaza ati"uyu niba ariwe agomba kuba azi byinshi rero ngomba kumubaza nkamuhinyura"
Aline"uva muri gereza ?byibagirwe .
Ese uracyashengurwa n'urupfu rw'umukobwa wawe ?"
Yvan araseka arangije ati"ijuru ribyumva nava aha napfira aha umuzimu wanjye uzagukurikire iteka utazigera narimwe ugira amahoro mumutima wawe ahubwo iteka uzahora ubayeho mubwoba isegunda kurindi "
Aline akomeza kwitegereza yvan uko avuga arangije mumutima arivugisha ati" uburyo avugamo nuko yitwara ntagahinda nkako Yvan mwenyewe afite.
Ubu ni ubutubuzi uyu siwe Kuko agaragara nkaho ari kuvuga ibyo Bamupanzemo apana ibiva kumutima"
ALINE NI UMUHANGA YAHISE ABIVUMBURA !!
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Reka sasa nkuzane mukirori aho cyabereye,
Burya mbere yuko Aline asohoka akajya muri Gereza nuko babanje guha uwanya Cedric kugirango abibwire neza,
Yara ati" Cedric BAHE nkaba ndi uuhunguwa Chairman Alexander BAHE uhagarariye MSI "
Aline ndetse n'abandi bose Barikanze kumva Alexander afite umwana.
Nibwo Aline yasohokaga yiruka ajya kurigereza......
Chairman wa OS mwenyewe yarikanze gusa  Daniel we bisa nkaho ntakintu yarazi kuko we yakomeje kwihimaπŸ˜‚
Sasa inyuma ya speechs zose baje gushiramo akaziki baratamba.
NiBwo Jeanne yatambana  na Daniel nyine nkibisanzwe Maze Cedric ahita Asohoka amukurikiye arangije arivugisha ati"Iyi ni introduction kuko kumwanya kumwanya ugiye kubaho mugihunga cyinshi buri segunda"
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Reka sasa nkugarure kuri Aline,
Yavuye kuri gereza gusa Yvan yari abonye turamubona muri gereza yahise aza guhura n'umusaza Alexander .
Alexander"wakoze neza musore ,gusa ugomba kugumya kwitoza imico ndetse n'imigenzo ya Yvan mpaka kugeza iyi mission irangiye"
Yvan Fake"sawa chairman"
ESE UYU WE YAJE GUTE KO ASA NA YVAN?
Reka ngusubize inyuma,
Uyu musore yahoze ari inshuti ikomeye y'Umwana wa Alexader ndetse baraniganye gusa buza kurangira amubereye Na bodyguard bamaze amashuri.
Sasa iki nicyo cyatumye alexander yanga Aline ndetse na company yose ya OS kikaba ari nacyo cyatumye uyu musore ari muri gereza yambaye isura ya Yvan πŸ‘‡πŸ‘‡
Wari umusi umwe ubwo Bodyguard yari Aherekeje boss we bagiye kwinjira muri parking.
Hari uwaturutse inyuma akubita Bodyguard umuhini kumutwe arwa hasi ahita aza gufata boss nibwo uyu musore yahaguruka atangira kurwana Nabandi bazananye gusa kubera ubwinci bwabo birangira bamuhandaguye batwara boss we (Umuhungu Wa Chairman Alexander) .
Uwo musi nibwo yatashe yakomeretse abwira alexander ko umwana we yashimuswe😳
Ako kanya nibwo hahise hahamagara phone umusaza aritaba.
NINDE WATEREFONYE ?
Ibyo utakwizera ntayundi yari Aline !😱
Ati"Nizere ko ubutumwa bwakugezeho!"
Alexander"Utibesha ugakora kumwana wanjye kuko nazaguhiga itek"
Aline"Ntugatekereze kwataka umuntu ahubwo jya ubigiraho.
Uravuga kunyataka kandi jyewe nakwatatse mbere ?Ahubwo wagakwiye gutekereza uburyo ukemura ikibazo kandi nizere ko uzi uburyo ubikoramo"
Alexander" nubwo haba iki jyewe Na company ya MSI ntabwo izigera ikorana na OS "
Aline"Sawa ubwo nawe utaza kundenganya kubiri bukurikire"
Ahita anakata Telephone..
Boddyguard"Boss muri phone ya #Maurice harimo application inyereka aho ari hose.
Rero ubu tuvugana namenye aho bamujyanye"
Alexander"Byiza #Alex. Fata abasore muhite mwerekezayo nanjye ngiye kuri police"
Maurice"Sawa !"
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Nibwo Maurice nabandi basore Berekeza aho bashimutiye Alex.
Habaye intambara idasanzwe ndetse na polisi yaje kuhagera gusa bahageze basanga Alex Bamaze kumwica 😭
Yooo !Disi inzirakarengane, Aline aramuhitanye !!
Maurice yararize cyane gusa nanone nubw warira ntakintu wakora ngo Uwapfuye agaruke !
Chairman we yaje kuhagera Binanga ko anegera aho umuramb wπŸ‘Ώumwana w uri !!
Ako kanya telephone ye yahise ihamagara aritaba maze Aline ati"ngewe iteka icyo nshaka ndakibona kandi ibyo abandi bagaya jye mbiha agaciro"
Alexander  yabuze n'icyo asubiza ahubwo ashoka amarira .
Aline asubizamo"Reb video nakoherereje  nurangiza nawe witegure kuko niwe next target"
Phone ihita ivaho maze Alexander areba video abona iwe murugo inzu iriko isha 😳
Byanze kwinjira mumutwe yibaza impamvu yemey gusinya ngo umwana we  arokoke none abigendeyemo .inzu ye iratwitswe kandi yanarangije gusinya !!
Umusaza yahise ahwera bahita bamwerekeza kwamuganga.
Kumwerekezayo Aline nkuko mumuzi nkmugome nawe yahise amwoherereza nawe bamurangirize kwamuganga.
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Sasa Maurice nka Bodyguard yabanje gutekereza neza asubiz ubwonko inyuma arangije ahita ajyana na muzehe .
Sasa umusaza uko bakamutwaye kwamuganga munzira bagenda Imodoka irimo muzehe bageze kukiraro iimodoka za polisi zaratatswe irimo muzehe bahita bayishimuta !!
Kuyishimuta Bahise bazana Maurice na Aleander uri muri coma babazana imbere ya Aline umwiza wacu.
Ntakindi cyabaye Aline ubwe yahise abiyicira abarashe amasasu..
ESE BYAGENZE BITE NGO UBU TUBABONE ARI BAZIMA ?

πŸ’
Reka tuve mubyakera Tuze kuri Aline na Maurice,
Burya ntamahoro y'umunyavyaha kuko Aline yatashe atavuga,
Maurice"cherie nibiki ko inzira yose waje utavuga kandi tuvuye mubirori ?urafite ikibazo ?"
Aline"wapi cheri ni stress z'akazi "
Maurice"no ...no...no ,chr narakubwiye ba ukora akzi ariko ugire n'umwanya wo kuruhuka "
Aline"ariko chr ,company kugira itere imbere haba hariho abagomba kwitanga kurusha abandi"
MAURICE"ndabzi chr ariko nawe urakabya"
Aline"ariko chr....."
Atari yakomeza hari undi yinjiye akoma amashi ati"nibyo mwanawa "
Kumbe ni papa wa Maurice yari yinjiye yinjiranye na Famille na ikirenzeho Cedric Bahe nawe yaraziyemo !!
Aline noneho umutima wenze kumuvamo !!
Chairman"Impamvu OS ikomeza gutera imbere nuko hariho abitanga,Rero ni muri urwo rwego nzanye undi mbona ko Company imukeneye .
Uyu yitwa Cedric nawe aje dukorane muri company"
Maze kumenya Ko cedric nawe atoroshe yahise yitanganiza amuhereza akaboko ati"byiza kumenyana nawe "
Aline 😳.........LOADING EPISODE 05
.
..
INDYADYA IHIMWA N'INRYAMIRIZI .
UHANA UMUROZI AMUBITSA UMWANA.

AGASOBANUYE
Online
+255759114520 whatsapp
Eddy Online Services

Comments