Love s1e3

 

LOVE'S LIES
Episode 03
Writer #@Edouard Safari
Whatsapp +255759114520
Whatsapp grp : https://chat.whatsapp.com/JkMFHVsNQlOAKwpSEel4fe
___________πŸ’πŸ’πŸ’πŸ’____________________
Episode 2 yarangiy Yvan avuye muri gereza gusa asohotse kumupangu wa Chairman Alexander gusa atari yatangira mission nimwe hari ahantu habiri yari yifuje kunyura.
HARI HE ?
Aline nawe yari ahejeje gutinyisha umusaza Lewis akoresheje umukobwa we kugira akunde asinye Contract.
ASE ARABIKORA CYANGWA ?
Reka twikomereze n ep3.
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Dutangiriye munama yaba Shareholders ba OS ( Online Service ),
Chairman wa OS arahari,Umuhungu we Daniel arahari,Sister wacu nawe yahageze ndetse n'abandi benshi harimo na Lewis.
Chairman"Hello ladies and Gentlman,
Uyu musi ni mwiza kuri Company ya OS group .Rero nka chairman mpaye ikaze mwese mwisange .
Gusa uyu musi ntakintu ndi buvuge ahubwo ijambo ndariha uteganya kuba umukazana wanjye kuko mwese niwe wabashije kubashaka abazana hano kugirango dusinye contract byeruye twerekane ko tugiye gukorera hamwe.
Aline tambuka imbere ubabwire"
Aline ahita atambuka aza imbere tayali Kuvuga speech gusa shahu ni umukobwa mwiza nako umugore mwiza nubwo ntakeka ko Daniel yaba azi ko afite umwana .
Mukajwi gatuje yaratangiye ati"ndabasuhuza mwese,
Reka mbanze nshimir buri umwe wese kuba yemeye kuza akarinda isezerano rye.
Mwikomere amashyi πŸ‘"
Barabikora ...
Arakomeza ati"Byibanze mwese murebe Kuri machine zanyu murebe Project nshya tugiye gukora"
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Tuve kuri Aline asigare asobanura project ye ahubwo tuze kuri Cedric(wahoze ari Yvan) .
feriyambere yaje kuri ya Hotel Aline yahoze yibuka igihe yamukurikiraga akiri Umugabo we.
Yaraje neza aza kuri cyacyumba 202 arangije ati "ndarara hano ejo nzabone kugenda"
Jimmy"Cedric ,chairman yagutegriye ahantu hari special ugomba kurara.
Rero kurara aha byatuma benshi bakuvumbura plan kaba yangiritse"
Cedric"ndabizi ariko ngomba kuharara kuk hari byinshi bihanyibutsa"
Jimy"cedric please reka kunkoresha amakosa ,none se uraza kuharara utagiye kuhishura? Kandi nujya kwishura cameras ziraza kukubona"
Cedric"niba ari uko bimeze mpa urufunguzo rwimodoka nkwereke plan"
Jimy Aramhereza arangije ati"camera zahano zimbonye byaba bibi .sibyo?"
Jimmy"yego byaba bibi cyane"
Cedric"noneho we manuka kuri reception usabe icyumba nkaho ari ukiraramo nge ahandi nashaka kujya ndijana ntakibaz"
Jimmy" aaashiiii !!Cedric kuki ufunga mumutwe koko ?"
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Muri OS Aline ya presence project neza birarangira,
Nyuma nka Famille bagombaga guhurira hamwe bagasngira.
Daniel na Sister na chairman ndetse na Gapanzi wacu Aline.
Chairman"Congratulations Miss Aline.Kuva  wagera muri company ,OS imaze kunguka kurugero ruri hejuru"
Daniel"nawe papa urabibona,rwose Aline ni umukobwa w'ubwenge n'umurava buri wese yareberaho"
Kumbe uko bavuga ibyo sister wacu we ntabwo ari kunezerwa mbese yahise ahaguruka ati"papa,mumbabarire hari appointment yihuta mpise ndonka"
Chairman"#Nikita turmo kwishimira success Aline yatugejejeho uyu musi,none wowe urimo gushaka kugenda ?Cancel iyo appointment dukomeze tunezerwe"
Nikita"oya papa ,birihuta kandi ni ingenzi"
Ahita abasiga arigendera....
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Barakwereka Cedric ahantu hakabiri yaje ni aho bahoze baba na Famille,
Naho ahageze yatangiyekwibuka rya joro yaraye muri hotel bukeye yaratashe ashika afite amafaranga menshi .
Yahereje umugore undi nawe arishima ariko ntiyamwerekako abzi.
Umugore yaraye yishimye Gusa Yvan we ntagusinzira kuko nubwo yairi yabonye amahera yarakeneye agashimisha umugore we uburyo yari yayabonyemo yari yarinze guca inyuma Umugore we .
Yaraye yicaye atekerez uwo musi mugihe Aline we yari anezerejwe no kwibonera amafaranga ya bourse habe no kwibuka ko umugabo we yitanze agakora amahano kubwe.
Aline ntamutima agira !!!
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Bidatinze bwarakeye  umusi tayali wo kwerekeza muri America ,
Cedric yariteguye yambara inkofera ariyoberanya yinjira indege ayigeramo neza.
Mundege yicaranye na wa mukobwa wa Lewis.
Sasa Umukobwa ni inkubaganyi sana ntaguma hamwe mugihe Cedric we isi yamwikaragiyeho kubera ibibazo ntakivuga cyane ko bigaragara ko uwamuhemukiye ari Umugore.
Umukobwa" nitwa #jeanne ...jeanne Lewis.
Ese nawe nakumenya ko tugiye gufatana urugendo?"
Cedric aramureba aramwihorera☺
Jeanne"bigaragara ko udakunda kuvuga gusa utabifata ukundi kuko nageragezaga kukumenya kuko vuba indege irahaguruka "
cedric"reba ibikureba "
Jeanne"sawa "
Ako kanya indege yahise ihaguruka barerekera gusa mumutima arivugisha ati"Gihugu nkuvuyemo uku arik umusi nzakugarukao nzaba nje muntambara idasanzwe aho buri sekunda nzaba mfite byinshi byo gukora "

πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Ibyacu ntibitinda imyaka 7 yaraciyeho....
Noneho turi kubona indege ✈ yururuka igaruka mugihugu.
Yaraparitse neza maze mundege hari babiri bavuyeyo nkuko bakajyanye .
Bande ?😳
Jeanne na Cedric mbese abagiye batavugana bagaarutse bafatanye amaboko nkabakundanye !!
Cedric mumutima yarivugishije ati" gihugu nkugarutsemo ,nkuk nagusezeranije ubu nicyo gihe ngo mbuze amahoro abatumye nkwanga "
Jeanne mumutima iwe ati"byixa ko ngarutse mugihugu inyuma y'imyaka 7.
Papa araza kwishima nabona ko ngarukanye n'umukunzi wanjye Cedric"
Bageze hanze basanga convoy ikomeye yatumwe na Mr Lewis yabategereje bahita burira imodojka barerekera...
Cedric"kuki uhisemo ko nyura iwanyu ntabanje murugo ?"
Jeanne"please chr ni surprise "
πŸ’
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Tuve aho tuze Kwa Lewis aho yitegriye kwakira umukobwa we Jeanne,
Nkuko mumyaka 7 yose Bamaze bakorana na OS abakozi MSI  group na OS group bari bakoranye.
Ibi bivuze ko Chairman wa OS ,Daniel ,Aline na NIKITA mushiki wacu bari bahageze.
Comvoy ibazanye yarashits maze hasohoka Jeanne wenyine ,
Se yamwkiriye neza cyane na Surprise ziteye ubwoba.
Abashitsi bose bakomera amashi rimweπŸ‘
Jeanne "papa namwe nshuti ze,ndashimye ukuntu mwatwakiriye ariko nubwo mwadukoreye surprise  nanjye mbafitiye surprise"
Lewis"surprise !iyihe mwana wa ?"
Jeanne"Papa nagiye muri America ndumwe ariko ngarutse ntarumwe.
Cheri injira bakubone"
Dore ngo Cedric arinjira neza akagaragaza bwamere isura ye .
Bose bamukoeye amashyi gusa Aline yarikanze barebana nawe.
Mumutima Aline ati"Yvan niwowe?"
Cedric nawe mumutima ati"ninjywe ariko naje nkundi muntu ,Guhera uyu musi ugomba guhumeka umwuka ugereranye".........LOADING EP4
.
..
HAHAHHAA
DORE NGO IMBOGO ZIBIRI ZIRAHURA

Comments