Love s1e12

 

LOVE'S LIES
Episode 12
Writer Edouard Safari
whatsapp +255759114520
websites : agasobanuye4all.blogspot.com
                   eddyseries4all.blogspot.com
                   ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Episode 11 yarangiye Aline na Mr Lobert bazi ko bishe Uwo bakekaga ko ari umwana w'umwanzi wabo bangirije company nawe bakamwica (mr Bahe) ariko nyamara ntikwari ukuri ahubwo bari babateze projector ndetse na Company bayita izina bazi kugira bohereze umwicanyi nibarangiza bamufate amashusho ndetse banamushiraho Sound Record kugira najya gutanga rapport kubamutumye babashe kubafata amajwi amashusho bizabe Igihamya murukiko kand bari babigezeho.
Gusa kurundi Ruhande Mwiza wacu Alin harii messge yari yeretse Cedric iramukanga mbese twanasoje Aline mumutima ari kwivugisha ko Cedric nabyanga ari bube amufash kandi bigoye gusimbuka ako gatego .
ESE KARI AKAHE GATEGO ?
TWIKOMEREZE.....
.
..
.
.
Dutangirirre kuri cedric aho yaje guhura na n umukobwa wa Mr Lewis,
Jeanne"sha Cedric uzi ko uhebana?uzi imisi yari ishize ntakubona?"
Cedric ntiyasubiza ubona ko ibiteerezo bye bitar aho hafi,
Jeanne"cedric kuki udasubiza?cyagihe nkubwira ko ngukunda warandakariye ko utanoneye no kumpamagara ?....ba..ba..basi  mbabarra niba naragukoreye amakosa"
Mwibuke cyaghe amutabara muri epsode 8 ndetse Jeanne yari yanamusomye gusa Cedric ntacyo yasubije bikaba aribyo birigutuma Jeanne akeka ko yakoze amakosa gusa nyamara Cedric sibyo yarimo ahubw yarimo kwibuka msg Aline yari yamweretse cyagihe ari kukazi(ep11 isoza),
ESE NIKI CYARIMO ?
Cyagihe ubwo yamuha phone yari yanditse ngo "cedric ndashaka ko turyamana !!"
Cedric nibwo yikanga maze ubwo Twasoza Aline yivugisha mumutima ko noneho amufatishije atari buhasibuke Cedric nawe mukwikanga yarivugishije ati"ndamuka nanze ndarwa mugateg ari kntega nubwo ntakazi,Cedric ugmba kuguma umutima kuko umwanzi wawe arakomeye cyane kurusha uko ubikeka kandi kugira ubigereho hagomba kuba igitambo "
Akimara kwivugisha mumutima arasubiza ati"mabuja..."
Aline"shiii...wibishira hejuru koresha iyo phone"
Cedric nibwo nawe yahise yandika ati"mabuja ,ko ufite umugabo wamubwye"
Aline nawe yandika ati"kuva waza narakwikundiye kandi umugabo wanjye asigaye yishinga inzoga ,rero ndashaka umfashe "
Cedric"madam rwose wansaba ikindi ariko icyo rwose kiraremereye"
Aline arandika ati"nanakwishura ariko umfashe kandi ndanagukunda Erega"
Cedric yabitekerjeh mumutima aribaza ati"Aline ,niki noneho uri gupanga !gusa kugira nihorere ndetse mporere n'umwana wanjye ngomba kubyemera "
Arangije arasubiza ati"sawa ,niba uri tayali ntacyo ntagukorera gusa sinshaka ko umugabo wawe abimenya kuko tunamaze kuba inshuti"
Aline"ibyo ntibikubere ikibazo ntabyo azamenya"
.
..
.
.
Tuze kuri nyiramapanzi  wacu Aline,Byanze bikunze hari impamvu  yasabye kuryamana Na cedric,
Aho ari arikwinwera     jus ye phn iri kumeza yiturije yatangiye  kwivugisha ati"yvan !niba uri uwanyawe ntabwo  uri      buze kwemera kuryamana nanjye kuko urandakariye!kandi nubwo wabirenzaho ukagira umutima ukomeye ndaza kubona inkovu zawe       ziri kumubiri kuko wahindura ibindi  arik ntabwo wahindura urukoba rwawe !!
Ikindi nitumara kuryamana ndaza kugufata Video tubirimo neza nindangiza nzakora edit  nindangiza nikureho nshireho undi ,iyi video ninyigutinyisha uzemera kwegura muri company nkurwanye utanyegereye nk'inda mumwenda "
Hahaha Aline ni Umugome mubi cyane !!!
Ibyo apanga byose ni ubuhemu gusa !we icyo ashaka agombe akigereho nubwo hapfa abantu !!
.
..
.
.
Kuri Cedric na Jeanne ,
Jeanne yarivugishije bigeraho ahamagara Cedric undi we ibitekerezo biri kure maze Jeanne ahita amusesa inzoga mumaso undi agarura intekerezo,
Jeanne"cedric !ufite ikihe kibazo ko nguhamagara ntunanyumve ?hari ikikugoye ngufashe ₹"
Cedric"hmmm ,hoya ntacyo ni projet ndi kwigaho"
Jeanne"projet ?Cedric ndakuzi cyane kuva muri America ntabwo ujya uba stressed bigeze aha udafit ikintu gikomeye uri gutekereza..Cedric mbwira nkufashe"
Cedric abura icyo asubiza kandi ntabwo yabwira umukobwa ko yitegura kuryamana Nuwahoze ari umugore we akaza kumuhemukira !!
Kugra ahindure Dossier ati"harya wakusi uvga ko unkunda ,wari ukomeje ?"
Jeanne bamubwiye ibyurukundo yahise yibagirwa byos arangije mwijwi rituje ati"rwose Cedric nari nkomeje ndagukunda !!!"
Cedric Mumutima iwe ati"umbabarire kuba  ngiye kukuvanga muntambara utatangiye ariko ntakundi ugomba kuyijyamo kuko nawe uzamfasha"
Arangije ati"uriya musi ntabwo nagusubije kuko nakekaga ko ibyo uvuga ur kubikoreshwa n ihahamuka ryabari baduteye "
Jeanne"oya nari nkomeje usibye ko byari byarananiye kubikubwira gusa nagukunze kuva cyagihe duhurira mundege duhura ubwambere"
Cedric        ahita      ahagurutsa    umukobwa Aramusoma arangije ati"nanjye ndagukunda ❤"
Jeanne siwe yumvise    Iryo   jambo !!😳kuko yenze kuguruka atari inyoni!!
.
..
.
.
Muri Gereza Mr Bahe   yasuwe    na    Jimmy amuha report y'ukuntu akazi    kose   karimo kagenda ,
Bahe"ndumva umusore arimo kubyitwaramo neza . Wamukobwa      uhora      umuhugisha bameranye gute ?"
Jimmy"umukobwa  akomeje   kumugendaho cyane kandi     uko     mbibona  azica byinshi cyane ahazaza"
Bahe"kumukemura byaranze ?"
Jimmy"cedric uri hariya nabwo twamukemura barikumwe kuko  ni   igisimba neza neza"
Bahe"ok komeza ibindi     umukobwa  ndaza kumwitaho  ngewe"
Jimmy"sawa "
.
..
.
.
Kumbe abo bapangira gutandukanya bigeze kure kuko nyuma yo kubwirana ko bakundana!!
Ntakindi bakoze bahise baza kurya ikirori kumazi ,
Bagiye mumazi baroga ,barinezereza,....gusa birangira baje kwicara basuka Jus baba baranwa!
Cedric yaricaye umukobwa amuryama kubibero baba banaganira.
Jeanne"chr uzi ukuntu cyagihe nkubwira ko ngukunda ntunsubize nari nagize isoni zo kwongera kukuvugisha,nibazaga ko wamfashe nkababakobwa Biyi minsi batiyubaha"
Cedric"oya ahubwo nakekaga ko ndi kurota ,uzi ko byari byarananiye kubikubwira none birangiye umukobbwa ariwe ubintanze kwel !chr uri cool kabisa kuruta abandi bakobwa nigeze menya"
Jeanne"chr uzi ko uri umwana mubi ?aha uriko unseaka !!"
Cedric"oya chr ntabwo naguseka kandi ngukunda !!"
Ako kanya phn ya Cedric yakiriye message Jeanne arayitora arareba arangije ati"ni message ya Aline"
Akivuga atyyo Cedric yarikanze ahita ashikuza phone 😳.......LOADING EP13
.
..

Comments