Love s1e11

 

LOVE'S LIES
Episode 11
Writer #@Edouard Safari
Whatsapp +255759114520
Whatsapp grp : https://chat.whatsapp.com/JkMFHVsNQlOAKwpSEel4fe
πŸ’–πŸ’–πŸ’–πŸ’–πŸ’–πŸ’–πŸ’–πŸ’–πŸ’žπŸ’–πŸ’–πŸ’–πŸ’–
Episode 10 yarangiye Nikita ahuye nuwagombaga kumuha amakuru kuri Aline gusa muguhura kwabo akikanga !
ESE YARINDE ?
Hagataho Lobert yari yikanze ndetse anahamagaye Aline amubwira ko ibyabo birangiye,Ibyo nabyo byabaye inyuma yo kubona Logo Company nshya Iriho.
ESE IYI LOGO YARIIHISHE IKI ?
DUKOMEZE.....
πŸ’™
πŸ’™
πŸ’™
πŸ’™
Dutangirire aho twagarukiye,
Burya bahise batsa tv na Aline arayibona.
Aline"Niki kidasanzwe ?Cyangwa wakanzwe nuko baje gukora bimwe natwe !"
Lobert"aaah,iyi logo yakozwe na Mr Bahe rimwe nigeze kuyiganiraho nawe ambwira ko ari company ashaka kuzakorera uwana we yabyaye mugasozi"
Aline"none se niba yarabiteganya hama akaba atagihari ufite ubwoba bwiki ?"
Lobert"ntabw wabyumva wowe,Bahe yarapfuye ariko uwo mwana aracyari muzima,Ese wasanga mbere yuko apfa yarabanje agasiga amabanga uuhungu we akayabona.
Urakeka atazahorera se ?"
Aline"none kumuvana munzira bisaba iki ?"
Lobert"umuntu yakugerany kuri iriya ntambwe urakeka atiteguye bihagije ?ntabw yakwigaragaza bigeze hariya nta plan adufiteho"
Lobert"Wampa plan yuzuye neza uk twabikora tukamukura "
Ahita aza mugutwi atangira kumwongorera twe ariko twe ntabwo twabyumva.
πŸ’™
πŸ’™
πŸ’™
πŸ’™
Kuri Nikita ,
Uko yagakinguye ntawundi yabonye ni Cedric πŸ˜³πŸ‘Ώ
Mama weeeee !!!
Nikita"cedric ni wowe cyangwa ndarota  ?"
Cedric"oya ntabwo urota ningewe ufite amakuru ushaka"
Nikita amuha ikaze baricara ,,
Nikita"nkuzanire iki ?"
Cedric"mpa byeri"
Nikita"Byeri ?kuva ryari unwa inzoga ?"
Cedric"birumvikana uri gutungurwa ,ariko uyu cedric ureba niwe wanyawe apana uwo usanzwe uzi"
Nikita amha icyo ashaka abona cedric ahise asukayo Nikita arikanga 😳
Cedric ahita atangira ati"nitwa Yvan umugabo wa Aline "
Dore Nikita ngo ararushaho kwikanga Maz cedric agakomeza  kumwiganira buri kimwe cose atakintu ahishe .
ESE KUKI CEDRIC YIBWYE NIKITA NTAKINTU AHISHE ?
.
.
.
.
.
Nkuzane mubirori nyezina aho Jimmy  arimo gusangra n'ingagari zindi,
Sasa arimo aganira harisniper wageze kurietage biteganye naho bari arangije apima Jimmy target yo mumutwe,
Yamupimye neza arangije ahita amurasa mumutwe Jimmy ajya hasi Akajagari gahita kabyuka.
Sniper amaze akazi ke ahita ahamagara ati"Akazi ndagasoje"
ESE KOKO BINYUZEMO CYANGWA ?
.
..
.
.
Tugaruke kuri Cedric na Nikita,
Cedric yamubwiye ukuri kose atakintu nakimw ahishe...
Nikita"mbega ubugome weee,Kumbe Aline niwemuntu musaza wanjye abanye nawe ?"
Cedric"ushobora kutabyemera kuko uko yitwara ni umwana mwiza ariko true identity  ye ntacyo atakora kubwamafaranga,namwe mwicunge kuko abagez bubi"
Nikita"reka mpite mpamagara Daniel ubu nyene ejo ni ukumwirukana"
Cedric"Nikita tuza ! Aline si umuntu ushirw hasi byoroshye kuko nuhubuka niwe uzisanga hasi kandi we yemye "
Nikita"nakora iki ?"
Ahita atagira kumwiganira Situation yose gusa twebwe ntitwabasha kubyumva...
πŸ”Ά
πŸ”΄
πŸ”΅
πŸ”Ά
Nkuzane kuri company ,
Isasu rikivuga abantu bakwiye imishwaro gusa uko bahunga ,
Guhunga kwabo Turabona mucyumba Jimmy twabonye araswa niho yiyicariye na babasore babiri bakorana na Cedric(yvan)  mbese bari kwinwera jus banaserebura.
IBI NIKI ?
Reka ngusubize inyuma uko plan yose yagenze,
Cedricmbere y'uko ajya guhura na Nikita yabanje guhura na Team ye,
Cedric yavuze ati"kuva Company imaze kubona ibyangombwa byose Nicyo gihe ngo dutere intambwe "
Jimmy"Ok ,noneho ubu Duhite tugaragaza ibikorwa byacu"
Cedric"oya ntbwo ari uko bigomba kugenda,
turashaka ko AbaNzi bazakeka ko bari guhangana n'imizimu apana abantu basanzwe "
Brown"Turagikora gute sasa ?"
Cedric "Magnetic  Electric projector, ubuhinga tuza gukora ikirori kidahari maze abantu baabona nkukuri biraza gutuma umwanzi yigaragaza kuko byanze bikunze umwanzi wa muzehe ( Mr Bahe wituriye muri gereza ) azi neza iki kirango tugiye kugaragaza .
Ibyo kugira turabure umwanzi Tv zigomba kuza kudufasha"
Jimmy"bivuze ko ikirango kiraza gushitura umwanzi arbeye kuri video za tv ,noneho araza kuza kwica cyangwa atume umwicanyi "
Cedric"Ufite ubwonko butahura vuba"
Jimmy"ariko umwanzi turamuzi uwariwe ,naza gutuma umwicanyi twe turungukra he ?"
Jules wari watekereje cyane ati"Gps tracker and Away Recoding  nicyo turi bwunguke"
Jimmy"ariko sindi kubatahura pe"
Cedric"jimmy iyi team turamenyeranye ntabw wahita udutahura byoroshye,
Igihe umwicanyi ari bukeke ko uri umuhungu wa Bahe akaza kukwica araza kukurasa gusa azaba ari projector,
Abantu bari real bazashwara maze Brown azaba ariwe uri in charge ya Projector naho Jules azaba ashakisha aho urashe ari maze Ya device  izaduha proof y'umwanzi tuzerekana murukiko tukabashira hasi"
Jimmy"noneho ndabyumva Neza.
Next move ni iyihe ?"
Cedric akomerezaho ababwira ariko tuzabimenya hanyuma.
       πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™
Nuko byose byapanzwe ,bivuze ngo umwicanyi azi ko yishe umuntu ariko nyamara ntamuntu yishe ahubwo yari projector gusa !!
.
..
.
.
Kuri Nikita mwenyewe na Cedric,
Nikita"kuki utamurega ukareka Kwirirw wirusha ?"
Cedric"Oya Aline ndamuzi ntabwo wabasha kumushira hasi atabimenyets bifatika    Ntabwo wamukoraho kuko yabikwepa ukbura.
Wowe mfasha dukore uko nkbwiye tubashe kumushira hasi"
Nikita"sawa ,reka ngikore .Ariko se kuki wambwiye aya magambo ?"
Cedric"kubera ko ngukunda !"
Nikita arikanga😳 amaso arayazura ...
Cedric ahita yusa ati"nkunda uko ukoramo ibintu byawe "
Nikita"none ?"
Cedric"uratunguwe?"
Nikita ubona ko yahise ata ubwenge maze Cedric ntakuzuyaza yahise amusoma 😳
Turashizeeee!!!
KUKI CEDRIC AKOZE IBI ?
.
.
.
.

Ibyacu ntagutinda bwarakeye,
Maze Cedric azinfuka muri company ya OS Nkibisanzwe,
Ari mubiro Aline yaramukomangiye undi nawe amuha karibu,
Aline"urakoze"
Cedric"mbafashe iki mabuja(mwibuke aramukuriye mugiti)"
Aline"niii....urebye ni ikintu kiri private gisaba ko tutavugira hejuru"
Cedric mumutima arivugisha ati"Aline noneho ni iyihe mitwe ugiye kuzana ko ntari kugutahura"
arangije gutekereza ahita asubiza ati"ntakibazo wakisanzura ukambwira"
Aline ahita afata phone ye yandikamo message arangije Ahereza phone Cedric ati"soma"
Cedric yasomye msg arangije umutia uhita usimbuka ,Amaso ayakanura cyane bigaragara ko msg yari amweretse yikanze😳😳
Aline mumutima ahita yivugisha ati"Yvan uyu musi ntabw uri bwihishe kuko nubyana byanze bikunze ndahita nkuvumbura !!!!"
.......LOADING EPISODE 12
.
.
ESE NIKI AMUMWERETSE KIKAMUKANGA AMUTEZEHO NKUMUTEGO ?
UTAZACIKWA NA EPISODE 12


Comments