Love s02E06

 

LOVE'S LIES
Season 02
Episode 06
Writer #Safari_Edouard
whtsapp +255759114520
Web: www.eddyseries4all.blogspot.com
_______________________________________
Episode 5 Yarangiye Marry ukorera HSA yumvisha neza Yvan ko ari umugore we,
Yvan we yasa nuwibagiwe byose,
Aline yari yaratuje mbese yaranabyaye n'Umwana wa yvan,
Cedric yarimo kwiyamamariza kuba president wIgihugu,
Bahe niwe wari usigaye ari umukire wambere mugihugu,
Lewis nyuma y'Ibyamubayeho yari yarasaze,
Jimmy yari ahagarariye imwe muri companies z Bahe we amafaranga ayanwera ndetse no mundaya nyishi mugihe abo yahemukiye bo basigaye ari mayibobo.
ESE NIKI CYAKURIKIYE ?
.
..
.
.
Dutangiriye kuri Aline,
Umusi Yvan yapfiriyeho Warugeze ahita yipakiza yerekera mumugi kumva ye bigaragara ko nawe yari yamaze kumenya amakosa cyane ko banabyaranye kabiri.
                             ****
Kuri Yvan bazi ko yapfuye,
Marry yazanye imfungurwa umusore arafungura,
Barangije marry ati"Chr tujye gutembera !"
Yvan"Hehe ?"
Marry"ndahakwibutsa wowe ingo tugende "
Barahaguruka berekeza mumodoka,
Sasa umukobwa yagiye gushira urufunguzo mumodoka ngo yatse ruramucika gusa mugukoroka byakubise mumatwi Ya yvan asa nuwumvise sound nkaho atari nshya !!
Gusa ntiyibuka neza ahubwo umutwe uramurya!!
Marry"Umeze neza chr ?"
Yvan"Yego, gusa ni ibintu nsa nuwibuka ariko ntabwo mbyibuka neza "
Marry"Oya byihoze reka kwirusha uzajya wibuka bukebuke"
Afata infunguzo batsa imodoka barerekera.
.
..
.
.
Ntahandi baje kuri beach kurya isi,
UmukobwA Marry arishimye ariko Yvan we ni ibisanzwe kuko nubwo Marry ari kumwemeza ko Ari umugore we gusa yvan ntasantima nanke ari kumva ahubwo umutima we uri kumwumvisha ko ari undi muntu tofauti nuwo Marry arimo kumugira.
Marry"Chr ko umengo ntiwishimye bite ?Ntabwo wahishimiye kandi ariho twahora tuza kandi ukahishimira cyangwa naho ntuhibuka ?"
Yvan"Hari amafoto ari kuza mumutwe Mona ko nigeze mpaza ariko uwo twarikumwe isura ye ntabwo ndi kuyibona neza"
Marry"chr humura uzibuka bukebuke, witakaza umwanya utekereza cyane kandi nzagufasha uzibuka buri kimwe "
Yvan"Sawa ch...Chr!
ariko wanjyana mumugi ?"
Marry"mumugi ahagana he ?Uribuka nturakira neza "
Yvan"Ndabyumva ariko ndikumva hari ikiri kumpamagara ngo nerekeze kwirimbi "
Marry"Kwirimbi ?Chr ushakayo iki ko ntamuntu wabuze ?"
Yvan"Ntabyo ndi kwibuka ariko umutima urimo kunsunika ngo nerekeze kwiryo rimbi"
Marry"Sawa ariko unsezeranyeko tutari butinde "
Yvan"Ndagusezeranya ntakibazo"
Bahita bambara barangije burira imodoka berekeza kwirimbi mumugi. ..🚗🚗gusa mbere yuko burira Marry yanditse message kuri phone iti"atangiye kugenda yibuka"
Ibyo bamusubije ntabwo twabyumvise gusa bigaragara ko Yari ahamagaye muri HSA
Uko ibyo byose biba niko Aline yarimo agera mumugi kwirimbi Neza bagiye kuzanaho Yvan !!😳😳
.
..
.
.
.
Nikita nawe turi kumubona ahagaze imbere y'Umuboss we mubiro yambaye impuzu zitamuhesha agaciro,
Boss"uravuga ngo urashaka gutaha ?"
Nikita"Yego boss, hari ikintu cyihuta nshaka kujya gukora "
Boss"Nikita uzi abakiriya dufite iri joro,kandi baza hano kubera wowe.
Mubakobwa bose niwowe ubakurura. None nugenda ninde uri bubashimishe ?"
Nikita"Boss,uyu musi ni itariki umugabo wanjye yapfiriyeho,rero ngomba gushika kwirimbi nsure imva ye"
Boss"Nikita urakeka ukiri wawundi wakoraga ibintu byose kuri gahunda ?Uyu musi uri indaya ikora mukabari kanjye !Rero ntabwo ariwe umpangira umwanya kandi nkwishura ngo abakiriya banjye baryoherwe"
Nikita"Boss ndabizi ko uri boss wanjye kandi ngomba gukora kugirango nishurwe ariko please kumugabo wanjye mpa umwanya"
Boss Araseka arangije 😂Ati"Uravuga uwagusubije kwisuka ko ariwe mugabo wawe ?Nikita rekera kuba ikigoryi just focus on your Job"
Nikita"Boss wambwira nabi uko ushaka, wankoresha ibibi byose uko ushaka kuko unyishura nkabona kubaho.
Ariko kuvuga nabi umugabo wanjye ntabwo nabyihanganira, nagusbye uruhusha wanga kurumpa ahubwo wowe utuka umugabo wanjye, Akazi kawe ndagahagaritse "
Ahita yivumbura arasohoka !
ESE UMUGABO WA NIKITA NINDE ?
.
..
.
.
Aline we ntakindi cyari cyamuzanye kwirimbi n'umwana we,
Baje kumva ya yvan maze aline aratangira ati"Yvan,ngewe n'Umwana wawe turi hano kuguha icyubahiro,
Ndabizi kubwawe ko ntagombaga kuba hano ariko kubwabana bacu ngomba kuhaba.
Yvan umwana wacu wa 1 Yapfuye kubwubugoryi bwanjye n'Ikunda ry'Itunga ryanje ariko ndagusezeranya ko uyu we dufite nzamwitaho mpaka akuze kandi azabaho neza nkuko wakabimukoreye uri muzima......."
Uko akomeza kuvuga amagambo Dore ngo yvan na Merry babanyuraho inyuma batababonye Na Aline ntiyanahindukira ngo amurebe!!
.
..
.
.
Aline uko arimo avuga Yvan na Merry bamaze kumurengana,
Marry"Chr,Twazungurutse henshi none ushaka kujahe ?"
Yvan"Ndi kumva araha ariko ntabwo mbona neza ahariho"
Marry"Chr dusubire murugo uruhuke kuko umaze kunanirwa"
Uko bavugana Dore ngo Nikita N'Umwana  nabo barashika kumva ya Yvan agasanga Aline n'Umwana arimo kuvuga amagambo,
Nikita"Aline !!"
Aline"Nikita !Uri hano gukora iki ?"
Nikita"Nyumvira !Naje kwibuka umugabo wanjye, umugabo wahemukiye bikanarangira umwishe "
Aline araseka maze ati"Nikita, wowe nawe uravuga hejuru y'Umugabo wanjye ?"
Nikita"Umugabo wawe wagihemu we ?Kubesha Yvan na musaza wanjye ntabwo bihagije kuburyo uza no kumushinyagurira ari nawe wamwishe !"
.
..
.
.
Reka tuve mwirimbi tuze mumugi,
Paul(Musaza wa NiKita) Hari hotel arimo kwinjira gusa bigaragara ko ari muri gang ikomeye kuko buri muryango hari abarinzi bambaye costume barinze.
Yageze muri vip room ahasanga undi mukire,
Umukire"karibu sha kuntebe"
Umurinzi umuzanye ati"Bosss!!"
Umukire ahita azamura akaboko aramuceCekesha ati"Mr Paul,kalibu muri gang yanjye"
Paul"Murakoze"
Paul aricara maze umukire ati"Nabonye amakuru avuga ko wakubuse abasore banjye kandi uri very talented,
wakiyunga na gang yanjye ?"
Paul"Hmmm!Niyunge Na gang yawe ?Mubuzima bwanjye ntabwo nyoborwa ahubwo iteka ndayobora "
Umukire"Ushatse kuvuga iki ?"
Paul"Ndavuga ngo ndiyunga na gang yawe ariko ntabwo uribuze kuba boss ahubwo ndaba boss"
Umukire "Mumwice!"
Abarinzi bahita bazimutunga maze paul ati"Ubu tuvugana ntabwo naje ntipanze ahubwo naje buri kimwe control nayisoje.
Mumurase ahubwo ariwe !"
Abarinzi bahita bavana imbunda kuri paul bazitunga boss wabo arikanga 😳
Paul"Uratunguwe ?Abakozi bawe ntabwo ubishura neza rero bakeneye undi boss"
Ahita avana pisto y'Umurinzi ahita arasa umukire muruhanga umukire abivamo atyo arangije ategeka abarinzi kujya kujugunya umurambo !
Yahise atambuka yicara munteb ya Boss amaguru ashira hejuru kumeza maze mumutima ati"Mr Bahe n'Abagukomokaho bose ntegereza ndaje ,ibyo wanyaze nawe nzabirya uri mukuzimu"
HHHH 😳
.
..
.
.
Nkugarure kwirimbi,
Yvan byanze ko amenya impamvu yaje kwirimbi ati"Chr,dutahe ndikunva ntabyibuka"
Marry"Sawa"
Barahindukira basubira inyuma gusa mukugenda Babona abari gushwanira mwirimbi (Aline na Nikita) Yvana yerekezayo ngo abumvikanishe ,
Sasa dore ngo arabagana ati"Nibiki ko mushwana ?"
Bose barahindukira 😳 babona ari yvan !
Aline habe no kuvuga ,Nikita nawe nuko!!!
Yvan Kureba imva bahagaze imbere abona hariho ifoto ye nawe arikanga arangije ahindukirira Marry ati"Chr ngewe narapfuye ?"
Aline na Nikita bose bati"Yvan !!!"
Marry abarebye neza abona arabazi arangije ati "Chr,wikumva abo ahubwo ingo tugende wikumviriza amatiku yabo"
Ahita amufata akaboko ngo batahe gusa Yvan aramwiyaka ati"Oya ndeka!"
Ahita asubira inyuma ati"Nikita ?Aline?"
Marry yarikanze kumva umusore yibutse😳......LOADING EPISODE 07
.
.
ESE HARAKURIKIRA IKI ??




Comments