Lov s1e2

 

LOVE'S LIES
Episode 02
Writer #@Edouard Safari
Whatsapp +255759114520
Whatsapp grp : https://chat.whatsapp.com/JkMFHVsNQlOAKwpSEel4fe
___________πŸ’πŸ’πŸ’πŸ’____________________
Episode 01 yarangiye tumenye impamvu yvan yanga urunuka Aline ndetse n'umusaza yemeye kumufasha gusa nanone  ntituzi uko bagombaga kubigenza kuko bari muri gereza .
Aline we na Daniel bo bari bibereye murukundo ntakibazo bafite gusa nanone twari twabonye mushiki wa Daniel atishimira Aline.
ESE KUKI ATAMWISHIMIRA ?
KIROSO WACU YVAN WE BYAGENZE GUTE NGO YISANGE MURI GEREZA ?KUKO NUBWO YAGIRIZWA KWITWIKIRA UMWANA NTABWO UMUSAZI ARYANWA MURI GEREZA Y'ABANTU BAKOMEYE AHUBWO ARYANWA MWIVURIRO RY'ABASAZI.
Byanze bikunze hari ikihishe inyuma tutari twamenya.
Dukomeze na Ep2⃣
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Dutangirire muri gereza
Umusaza yatangiye kuganirira umusore ati"Aline yamaze kuba umukire ndetse aranakomeye mugihugu.
Kumwihoreraho ntabwo wabibasha udafite imbaraga nkize kuko unabigerageje wapfa utari wanagera imbere ye"
Yvan"none ndabigenza nte ?"
Umusaza"ingufu aline afite ni Amashuli ndetse n'amafaranga .Ibyo nawe ugomba kubigira mbere yuk utera intambw umusatira"
Yvan"ibyo byashoboka bite ndaha mugihome ?"
Umusaza"ntanakimwe cyananira ifaranga,Itegure wisukure ejo mugitondo uzasohoka ugende ujye kwiga muri America .
Inyuma y'imyaka 7 Uzaba umazekuba umuhanga ndetse uzabayo utitwa Yvan ahubwo uzaba witwa #Cedric_BAHE umwana wa Chairman wa #MSI_GROUP (Mobile Software Industry ) #Mr_Alexander_BAHE ariwe ngewe muvugana"
Yvan yarikanze 😳 burya umusaza ni ChairMan nubwo muri gereza aba ameze nka zezenge !!!😳😳😳
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Twigarukire kuri nyiri guhemuka wacu Aline,
Nyuma yo kuvana Daniel amwikuye kubera gutekereza Yvan yaje murugo iwe yicara muri sallon arangije atangira kwibuka.
Kweli we na Yvan bari babanye neza n'umwana Wabo Dorine.
Umwana yaba ari murugo na nyina baganira papa nawe yagiye guhiga ubuzimaπŸ’
Dorine"mama kuki papa ahora abyuka agenda atajya aba hano ngo dukine ?"
Aline"  Dorine mwana wanjye "
Dorine"hmm!"
Aline"nuko utari wakura ,Gusa nukura uzajya umenya byinshi.
Aba papa bose baba bagomba guhora bagenda bari gushakira imiryango yabo ibiyibeshaho.Rero ntabwo bajya bagira umwanya wo gukina murugo"
Dorine"none se mama niba biruko papa wa Lyliane(umuturanyi) ntabwo ari umu papa mwiza ko muri weekend we na famille ye basohokana bakajya kumazi kwirirwa bakina  mughe yakagombye kuba yagiye gukora ?"
Aline yumvise ikibazo cy'umwana we ahita aceceka arangije mumutima arivugisha ati"ur mukuri mwana wanjye.Bariya ni abakire niyo mpamvu ,mugihe twe turi abakene ariko umusi umwe amafaranga nzayabona ICYO BIZANSABA CYOSE NZAGITAMBA ARIKO NYABONE"
Acyivgisha Yvan yahise ataha umwana amubonye ahita yiruka amusaganira,
Dorine"papa wanzaniye bombo ?"
Yvan"yego nayizanye mwana wanjye"
Yahereje bombo umwana arangije yegera imbere ati"cherie umbabarire natinze"
Aline"ntakibazo,kalibu munzu"
Barinjiye maze umugore abaza umugabo ati"yamafaranga wayabonye ?"
Yvan"chr amafaranga nubu ntayo pe,nazengurutse hose nguriza ariko hose ntanahamwe nayabonye.
Na....n...naho"
Aline"iki chr?"
Yvan "Naho nayabonye nasanze conditions zaho ntazibasha baraheda cyane"
Umugabo ahita ahaguruka asiga phone ajya muri douche.
Agisiga telephone hari msg yahise yinjira igira iti"mukundwa wa kera numvise ikibazo ufite cyamafaranga ndavuga nti reka nkuvugishe.
Niba wakemera gukora deal ejo waza maze ubundi nkaguha amafaranga arenze nayo ukeneye"
Umugore yayisomeye hejuru ikiza ntibyagaragara ko yasomwe.
Bidatinze bwaje guca umugabo arabyuka asezera umugore we ajya kukazi.
Akijya kukazi (mwibuke yari asigaye ari drive)umugore nawe ahita amwomeka nawe afata Taxi.
Umugaabo taxi yamugejeje kukazi aho akora avamo arishura arangije afata urufunguzo rw'imodoka y'akazi arayurira arerekera...
Umugore inyuma ye muri taxi akomeza kumwomekaπŸš•
Umugabo yaje afata boss augeza kukazi ariko we ahita yongera arakata yerekeza kuri hotel imwe,
Arinjira umugore nawe inyuma arakurikira..
Yaje kucyumba 202 arakomanga.
Akomanze hasohotse umugore wambaye eswime ati" chr bwanyuma urahageze"
Ariko amwifatisha kurutugu kandi hirya Umugore we abireba (Aline)😰
Binjiye Aline Abareba ahita yifata kumutima arikanga !!!
AGIHUGIYE KWIBUKA TELEPHONE YE YARASONYE AHITA ASHITUKA AZA KUYTABA.
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Tuvuy kubyo Aline ari kwibuka reka Twigarukire muri Gereza.
Umusore yaje koga yitunganye gusa uko abikora ninako yibuka amagambo y'umusaza aho yamubwira ati"Story y'ubuzima bwawe igiye guhinduka .
ugiye guhiinduka umwana wanjye wo hanze ,Natemberanaga na mama wawe akiri inkumi gusa so aza kumutora antwitiye gusa kubera narindaga icyubahiro nabigize ibanga "
Yvan"urumva ibyo arinde wabyizera?baramutse bakoze amatohoza si icyaha gihanwa n'amategeko kuburyo nanafungwa?"
Alexander"Nakubwiye ngo kuri iyi si havuye Imana igikurikira ni Amafaranga,itegure ibindi ubindekere.
Gusa wibuke ko ubu tuvugana ugiye kwihorera kuri Aline wawe ndetse nanjye unamunyihorereho mbese na OS group yose uyangize"
ALINE WE SE YAPFUYE IKI NUYU MUSAZA ?
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Kuri Aline.
Nyuma yo guhamagarwa Yaje guhura n'undi musaza,
Aline" #Mr_Robert Niki cyatumye umpamagara ikitaraganye ?"
Robert"ni inkuru ntaramenya neza ariko ndagirango weho uri umuhanga mukuvumbura ibihishwe ushake ukuri.
Mr Alexander burya afite umwana yabyaye hanze rero mfite ubwba ko umusi umwe ashobora kuzaba ikibazo hagati y'imikoranire ya MSI na OS"
Aline"Mr Robert ,weho komeza kuri project yacu ubundi ibindi ubindekere nzabikemura"
Robert"Project irimo kugenda neza ariko uwahoze ari vice chairman akomeje kwanga ko dukorana nkuko Alexander yari yabyanze"
Aline" uravuga #Lewis ?"
Robert"yego nuyo"
Aline"harya ntafite umukobwa yiga muri America ?"
Robert"aramufite mbese mumisi ibiri nibwo ari bube yasubiyeyo kwishuri"
Aline"mpa foto ye"
πŸ’
πŸ’
πŸ’
Bidatinze bwarakeye ,
Kuri Gereza umusore Yvan wari warihebye ko atazasohoka yaje ari uwambere kuri liste maze asohoka yemye gusa mwibuke ntabwo asohotse nka Yvan ahubwo asohotse nka Cedric.
Agexe hanze yahasanze imodoka nziza imutegereje ,
Uwaje kumwakira ni driver bita #jimmy
Jimmy yakinguye imodoka undi arinjira barerekera🚐
Munzira bagenda jimmy ati"buri kimwe cyose kirateguwe.Mumisi 2 uraba wuriye indege ugiye"
Cedric"hari ahantu habiri nshaka kubanza kunyura"
JIMMY"wasaze?😳wibagiwe ko ntamuntu numwe ugomba kukubona ?"
Cedric"nuko ari ingenzi kuringe"
Jimmy"sawa arik udakora amakosa ukagiza imbaraga za chairman"
Ahita akata imodoka .....
.
...
.
.
Aline we ni mapanzi nubwo atazi ko Shitani umuhiga ari hanze,
Sasa turabona umusaza umwe mugakote ke keza arimo gutambuka muri parkingi asa nugiye gufata imodoka ye,
Ayigezeho hari uwaturutse inyuma amukubita akantu kugakanu umusaza arahwera bahita bamushimuta !!
InyuMa yakanya yisanze yicaye imbere ya Aline.
Aline"Mr Lewis ,uzi ko wikanze nkaho tutaziranye?"
Kumbe Umusaza niwe Lewis.
Lewis"wowe na none washitani igenda ?uwakubona uko uri umukobwa mwiza ntiyakemera ko bikorwa byawe byuzuyemo ubuhemu n'ubugome"
Aline"Mr Lewis wikihuta kuncira urubanza kuko ndi hano ngo tuganire business"
Lewis"nta Business nganira nawe"
Aline"Ndashaka ko usinya kuri iyi contract maze ubundi OS ishore amafaranga muri MSI "
Lewis"ntanarimwe nzuigera nsinyira ko OS ikorana na MSI nkuko Alexander yabyanze"
Aline"ariko nawe kubyanga kwe wabonye uko yarangiye"
Aline ahita afata Telephone yereka Lewis😳
Lewis arebye neza arikanga ati"urakora kumukobwa wanjye ndakwica"
Aline ahita aseka πŸ˜‚ ati"mbega umusaza udatekereza(KANDI UWABWIRA NI NKASE) !!None ibaze niba nabashije kugra iwawe murugo nkagera kuri pisine aho umwana wawe ari koga,urumva kumukoraho byananira?"
Umusaza yarikanze Aline ni mubi cyane yanamwica !!!!!
Phone ya Aline yahise ihamagarwa arebyw abona ni Daniel ati"ndabona chr wanjye ampamagaye ,Reka nigendere usigarane iyo live video igisubizo ngikeneye ejo munama izahuza aba Shareholders ba OS "
Ahita yitaba phone ati"Hello chr......ndakarangje....sawa ndaje...I love bb"
Kand uburyo abivugamo uba wumva ari umwana mwiza ariko ibikorwa bye 😳Ahaaaa.
Aline nuko yigendeye asiga umusaza ntacyo amutwaye gusa Lewis naw yagombaga guhitamo.........LOADING EP03
.
..
.
Ese  niki kzakurikira ?
Utazacikwa Na Ep3 yari Edouard Safari ak Golden brain NDABAKUNDA BYEBYE

Comments